Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi ya Dawidi. Isi n’ibiyuzuye ni iby’Uwiteka, Isi n’abayibamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Kuko ari we wayishinze ku nyanja, Yayishimangiye ku mazi menshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ni nde uzazamuka umusozi w’Uwiteka? Ni nde uzahagarara ahera he?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Ni ufite amaboko atanduye n’umutima uboneye, Utigeze kwerekeza umutima we ku bitagira umumaro, Ntarahire ibinyoma.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Uwo ni we uzahabwa umugisha n’Uwiteka, No gukiranuka abihawe n’Imana y’agakiza ke.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Abayishaka ni bene uwo, Abashaka mu maso hawe Mana ya Yakobo.
Sela.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Mwa marembo mwe nimwunamuke, Mwa marembo y’iteka mwe, nimweguke, Kugira ngo Umwami w’icyubahiro abyukuruke.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Uwo Mwami w’icyubahiro ni nde? Ni Uwiteka ufite imbaraga n’amaboko, Ni Uwiteka ufite amaboko yo kurwana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Mwa marembo mwe, nimwunamuke, Mwa marembo y’iteka mwe, nimweguke, Kugira ngo Umwami w’icyubahiro abyukuruke.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Uwo mwami w’icyubahiro ni nde? Uwiteka Nyir’ingabo ni we Mwami w’icyubahiro.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: