Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi ya Dawidi. Uwiteka uncire urubanza, Kuko gukiranuka kwanjye ari ko ngenderamo, Kandi niringira Uwiteka ntashidikanya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Uwiteka, unyitegereze ungerageze, Gerageza umutima wanjye n’ubwenge bwanjye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Kuko imbabazi zawe nzireba mu maso yanjye, Kandi ngendera mu murava wawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Sinicarana n’abatagira umumaro, Kandi sinzagenderera indyarya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Nanga iteraniro ry’inkozi z’ibibi, Kandi sinzicarana n’abanyabyaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Nzakaraba ntafite igicumuro, Ni ko nzazenguruka igicaniro cyawe Uwiteka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Kugira ngo numvikanishe ijwi ry’ishimwe, Mvuge imirimo yose itangaza wakoze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Uwiteka, nkunda ubuturo ari bwo nzu yawe, N’ahantu ubwiza bwawe buba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ntukureho umwuka wanjye ubwo uzakuraho abanyabyaha, Cyangwa ubugingo bwanjye nk’abavusha amaraso.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Amaboko yabo arimo igomwa, Ukuboko kwabo kw’iburyo kuzuye impongano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ariko jyeweho gukiranuka kwanjye ni ko nzagenderamo, Uncungure, umbabarire.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ikirenge cyanjye gihagaze aharinganiye, Mu materaniro nzashimiramo Uwiteka.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: