Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni iya Dawidi, umugaragu w’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ubugome bw’umunyabyaha bubwiriza umutima we, Nta gutinya Imana kuri mu maso ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Kuko yiyogeza ubwe, Akibwira yuko gukiranirwa kwe kutazamenyekana ngo kwangwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Amagambo yo mu kanwa ke ni ugukiranirwa n’uburiganya, Yarorereye kugira ubwenge no gukora ibyiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Yigirira inama yo gukiranirwa ku buriri bwe, Yishyira mu nzira itari nziza, Ntiyanga ibyaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Uwiteka, urugero rw’imbabazi zawe rugera mu ijuru, Urw’umurava wawe rugera no mu bicu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Gukiranuka kwawe guhwanye n’imisozi miremire y’Imana, Amateka yawe ni nk’imuhengeri, Uwiteka ni wowe ukiza abantu n’amatungo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Mana, erega imbabazi zawe ni iz’igiciro cyinshi! Abana b’abantu bahungira mu gicucu cy’amababa yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Bazahazwa rwose n’umubyibuho wo mu nzu yawe, Kandi uzabuhira ku ruzi rw’ibyishimo byawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Kuko aho uri ari ho hari isōko y’ubugingo, Mu mucyo wawe ni ho tuzabonera umucyo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ujye ukomeza kugirira imbabazi abakuzi, No kwereka abafite imitima itunganye gukiranuka kwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ikirenge cy’umwibone cye kunzaho, Ukuboko kw’abanyabyaha kwe kunyimura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Hariya aho inkozi z’ibibi ziguye, Zitsinzwe hasi ntizizabasha guhaguruka.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: