Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Mana uncire urubanza, Umburanire n’ishyanga ritagira imbabazi, Unkize umuriganya n’ikigoryi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Kuko uri Imana y’igihome kinkingira, Ni iki cyatumye unta kure? Ni iki gituma nambikwa ibyo kwirabura n’agahato k’abanzi banjye?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Nuko ohereza umucyo wawe n’umurava wawe binyobore, Binjyane ku musozi wawe wera, No mu mahema yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Maze nzajya ku gicaniro cy’Imana, Ku Mana ni yo munezero wanjye n’ibyishimo byanjye, Nguhimbarishe inanga Mana, Ni wowe Mana yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Mutima wanjye ni iki gitumye wiheba? Ni iki gitumye umpagararamo? Ujye utegereza Imana kuko nzongera kuyishima, Ni yo gakiza kanjye n’Imana yanjye.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: