Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni indirimbo ya bene Kōra yahimbishijwe ubwenge.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Mana, twariyumviye n’amatwi yacu, Ba sogokuruza batubwiye imirimo wakoze mu gihe cyabo, Mu gihe cya kera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Wimuje amahanga ukuboko kwawe ushingamo abo, Wateye amoko ibyago kandi abo urabatatanya mu bihugu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Kuko atari iyabo nkota yabahaye guhindūra igihugu, Kandi atari ukuboko kwabo kwabakijije. Ahubwo ni ikiganza cyawe cy’iburyo, N’ukuboko kwawe n’umucyo wo mu maso hawe, Kuko wabīshimiraga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Mana, ni wowe Mwami wanjye, Tegekera Abayakobo agakiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Ni wowe uzaduha gutsinda ababisha bacu, Izina ryawe ni ryo rizaduha kuribata abaduhagurukiye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Kuko ntaziringira umuheto wanjye, Kandi inkota yanjye atari yo izankiza,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ahubwo ni wowe wadukijije ababisha bacu, Wakojeje isoni abatwanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Imana ni yo twirata umunsi ukira, Kandi tuzashima izina ryawe iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ariko none wadutaye kure waduteje igisuzuguriro, Kandi ntutabarana n’ingabo zacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Watumye ababisha bacu badukubita incuro, Abatwanga baratwinyagira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Wadutanze nk’intama zarobanuriwe kubagwa, Wadutatanirije mu mahanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Utangira ubusa abantu bawe, Kandi igiciro cyabo ntucyongeresha ubutunzi bwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Utugira igitutsi cy’abaturanyi bacu, Ibitwenge no gukobwa by’abatugose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Watugize iciro ry’imigani mu mahanga, Abazungurizwa imitwe n’amoko.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Igisuzuguriro cyanjye kiri imbere yanjye umunsi ukira, Isoni zo mu maso hanjye zirantwikiriye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Ku bw’ijwi ry’utongana agatukana, Ku bw’umwanzi n’uhōra inzigo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Ibyo byose byadusohoyeho ariko ntitwakwibagiwe, Kandi ntitwavuye mu isezerano ryawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Umutima wacu ntiwasubiye inyuma, Intambwe zacu ntiziyobagije ngo zive mu nzira yawe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Bitume utuvunagurira ahantu h’ingunzu, Udutwikirize igicucu cy’urupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Niba twaribagiwe izina ry’Imana yacu, Niba twararamburiye amaboko indi mana,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Imana ntizabirondōra, Kuko izi ibihishwe mu mutima?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Ahubwo twiricwa umunsi ukira bakuduhōra, Twahwanijwe n’intama z’imbagwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Mwami, ivurugute, Ni iki kigushinjirije? Kanguka ntudute kuri iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Ni iki gituma utwikīra mu maso hawe, Ukibagirwa umubabaro wacu n’agahato baduhata?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Kuko ubugingo bwacu bwunamishijwe bukagera mu mukungugu, Inda yacu yarumanye n’ubutaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Haguruka udutabare, Uducungure ku bw’imbabazi zawe.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: