Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni iya bene Kōra.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Mwa mahanga mwese mwe, nimwumve ibi: Mwa bari mu isi mwese mwe, nimutege amatwi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Aboroheje n’abakomeye, Abatunzi hamwe n’abakene.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Akanwa kanjye kagiye kuvuga ubwenge, Umutima wanjye ugiye kwibwira ibyo kumenya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Ndategera umugani ugutwi kwanjye, Ndahishuza inanga ijambo ryanjye riruhije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Ni iki cyatuma ntinya mu minsi y’ibyago n’amakuba, Gukiranirwa kw’abashaka kungusha kungose?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Biringira ubutunzi bwabo, Bakirata ibintu byabo byinshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ariko nta wubasha gucungura mugenzi we na hato, Cyangwa guha Imana incungu ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
-10Kugira ngo arame iteka atabona rwa rwobo, Kuko incungu y’ubugingo bwabo ari iy’igiciro cyinshi, Ikwiriye kurekwa iteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Kuko abona ko abanyabwenge bapfa, Umupfapfa n’umeze nk’inka bakarimbukana, Bagasigira abandi ubutunzi bwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Mu mitima yabo bibwira yuko amazu yabo azagumaho iteka ryose, N’ubuturo bwabo ko buzagumaho ibihe byose, Ibikingi byaho bakabyitirira amazina yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ariko umuntu ntahorana icyubahiro, Ahwanye n’inyamaswa zipfa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Iyo nzira yabo ni iy’ubupfu, Ariko ababazunguye bashima amagambo yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Bashorererwa kujya ikuzimu nk’umukumbi w’intama, Urupfu ruzabaragira. Abatunganye bazabatwara mu gitondo, Ubwiza bwabo buzahabwa ikuzimu ngo butsembwe, Butagira aho kuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Ariko Imana izacungura ubugingo bwanjye, Ibukure mu kuboko kw’ikuzimu, Kuko izanyakira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Ntubitinye umuntu natunga, Icyubahiro cy’inzu ye kikagwira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Kuko napfa atazagira icyo ajyana, Icyubahiro cye ntikizamanuka ngo kimukurikire.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Nubwo yibwiraga akiriho ko ahiriwe, Kandi nubwo abantu bagushima witungishije,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Ubugingo bwe buzasanga ba sekuruza, Batazareba umucyo ukundi.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: