Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa Mahalati. Ni indirimbo ya Dawidi yahimbishijwe ubwenge.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Umupfapfa ajya yibwira ati “Nta Mana iriho.” Bononekaye bakiraniwe ibyo kwangwa urunuka, Nta wukora ibyiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Imana yarebye abantu iri mu ijuru, Kugira ngo imenye yuko harimo abanyabwenge bashaka Imana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Bose basubiye inyuma, Bose bandurijwe hamwe, Nta wukora ibyiza n’umwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Mbese inkozi z’ibibi nta bwenge zifite, Ko barya abantu banjye nk’uko barya umutsima, Kandi ntibambaze Imana?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Aho ngaho bahagiriye ubwoba bwinshi ari nta mpamvu, Kuko Imana yashandaje amagufwa y’uwagerereje ngo agutere, Wabakojeje isoni kuko Imana yabasuzuguye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Icyampa agakiza k’Abisirayeli kakaba kavuye i Siyoni, Imana nisubizayo ubwoko bwayo bwajyanywe ho iminyago, Ni bwo Abayakobo bazishima, Abisirayeli bazanezerwa.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: