Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Inuma iceceka y’aba kure.” Ni Zaburi ya Dawidi yitwa Mikitamu, yahimbye ubwo Abafilisitiya bamufatiraga i Gati.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Mana, mbabarira kuko abantu bashaka kumira, Biriza umunsi bandwanya bakampata.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Abanzi banjye biriza umunsi bashaka kumira, Kuko abandwananya agasuzuguro ari benshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Uko ntinya kose nzakwiringira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Imana izampa gushima izina ryayo, Imana ni yo niringiye sinzatinya, Abantu babasha kuntwara iki?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Biriza umunsi bagoreka amagambo yanjye, Bibwira ibyo kungirira nabi bisa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Baraterana bakihisha, Bakaronda ibirenge byanjye, Kuko bubikiye ubugingo bwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Mbese gukiranirwa kwabo kuzabakirisha? Mana, tsinda amahanga hasi n’umujinya wawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ubara kurorongotana kwanjye, Ushyira amarira yanjye mu icupa ryawe, Mbese ntiyanditswe mu gitabo cyawe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Icyo gihe abanzi banjye bazasubizwa inyuma ku munsi nzatakiramo, Ibyo ndabizi kuko Imana iri mu ruhande rwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Imana izampa gushima izina ryayo, Uwiteka azampa gushima izina rye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Imana ni yo niringiye sinzatinya, Abantu babasha kuntwara iki?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Mana, imihigo naguhize indiho, Kandi nzakwitura amaturo y’ishimwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Kuko wakijije ubugingo bwanjye urupfu, N’ibirenge byanjye wabikijije gusitara, Ngo mbone uko ngendera mu maso y’Imana mu mucyo w’ababaho.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: