Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni iya Dawidi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Mana, umva ijwi ryanjye ryo kuganya, Kiza ubugingo bwanjye gutinyishwa n’umwanzi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Mpisha inama z’abakora nabi bangīra rwihishwa, N’imidugararo y’inkozi z’ibibi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Batyaje indimi zabo nk’inkota, Batamitse imyambi yabo azi yo magambo abishye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Kugira ngo barasire utunganye mu rwihisho. Bamurasa gitunguro ntibatinya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Bihumuririza imigambi mibi, Bajya inama zo gutega ibigoyi rwihishwa, Bakibwira bati “Ni nde uzabireba?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Bahirimbanira kunguka inama mbi, Bakibwira bati “Tunogeje inama twungutse.” Umutima w’umuntu wese n’ibihishwe atekereza ntibirondorwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ariko Imana izabarasa, Bazakomeretswa n’umwambi ubatunguye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Uko ni ko bazasitazwa, Ururimi rwabo ubwarwo ruzabarwanya, Ababareba bose bazazunguza imitwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Kandi abantu bose bazatinya, Bavuge umurimo w’Imana, Batekerereshe ubwenge ibyo yakoze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Umukiranutsi azanezererwa Uwiteka amwiringire, Kandi abafite imitima itunganye bose bazirata.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: