Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Iyi ndirimbo ni Zaburi ya Asafu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Mana, ntuceceke, Mana, ntuhore ntiwirengagize,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Kuko abanzi bawe bagira imidugararo, Abakwanga babyukije umutwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Bagambirira imigambi y’uburiganya ngo bagirire nabi ubwoko bwawe, Bagire inama abo urindira mu rwihisho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Baravuze bati “Nimuze tubarimbure bataba ishyanga, Kugira ngo izina ry’Abisirayeli ritibukwa ukundi.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Kuko bahuje umutima wo kujya inama, Ni wowe basezeraniye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Ni bo banyamahema ba Edomu n’Abishimayeli, Kandi n’Abamowabu n’Abahagari,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
N’Abagebalu n’Abamoni n’Abamaleki, N’Abafilisitiya n’abatuye i Tiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Abashuri na bo bafatanije na bo, Batabaye bene Loti.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ubagirire nk’ibyo wagiriye Abamidiyani, Nk’ibyo wagiriye Sisera na Yabini ku mugezi Kishoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Barimbukiye Endoru, Bahindutse ifumbire ry’ubutaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Uhindure abatware babo nka Orebu na Zēbu, Imfura zabo zose uzihindure nka Zeba na Zalumuna,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Kuko zavuze ziti “Twiyendere Ubuturo bw’Imana.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Mana yanjye, ubahindure nk’umukungugu ujyanwa na serwakira, Nk’umurama utumurwa n’umuyaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Nk’uko umuriro utwika ishyamba, Nk’uko ibirimi by’umuriro bitwika imisozi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Abe ari ko ubahigisha umuyaga wawe, Ubateze ubwoba umuyaga wawe w’ishuheri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Wuzuze mu maso habo ipfunwe ry’igisuzuguriro, Kugira ngo bashake izina ryawe, Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Bakorwe n’isoni batinye iteka ryose, Bamware barimbuke,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Kugira ngo bamenye yuko uwitwa UWITEKA, Ko ari wowe wenyine Usumbabyose utegeka isi yose.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: