Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa Mutilabeni. Ni Zaburi ya Dawidi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ndashimisha Uwiteka umutima wanjye wose, Ndatekerereza abantu imirimo yawe yose itangaza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ndakunezererwa ndakwishimira, Usumbabyose ndaririmba ishimwe ry’izina ryawe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Kuko abanzi banjye basubira inyuma, Bagasitazwa bakarimburwa no mu maso hawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Kuko wanciriye urubanza rukwiriye rutunganye, Wicaye ku ntebe uca imanza zitabera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Wakangaye abanyamahanga, warimbuye abanyabyaha, Wasibanganije amazina yabo iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Abanzi banjye bashizeho barimbutse iteka, N’imidugudu yabo warayishenye, No kwibukwa kwabo kwarabuze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ariko Uwiteka yicara ari umwami iteka, Yateguriye imanza intebe ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Azacira abari mu isi imanza zitabera, Azaha amahanga imanza z’ukuri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Kandi Uwiteka azabera abahatwa igihome kirekire kibakingira, Igihome kirekire kibakingira mu bihe by’amakuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Abazi izina ryawe bazakwiringira, Kuko wowe Uwiteka, utareka abagushaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Muririmbire Uwiteka utuye i Siyoni, Mumuvugirize impundu, Mwamamaze mu mahanga imirimo yakoze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Kuko ūhōrera amaraso abibuka, Atibagirwa gutaka kw’abanyamubabaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Uwiteka umbabarire, Reba umubabaro mbabazwa n’abanyanga, Ni wowe unzamura ukankura ku marembo y’urupfu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Kugira ngo nerekanire ishimwe ryawe ryose, Mu marembo y’umukobwa w’i Siyoni, Kandi nzishimira agakiza kawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Abanyamahanga baguye mu bushya bacukuye, Mu kigoyi bateze ni ho ikirenge cyabo gifashwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Uwiteka yimenyekanishije yashohoje iteka, Ategesha umunyabyaha imirimo y’intoki ze nk’ikigoyi.
Higayoni; Sela.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Abanyabyaha bazasubizwa ikuzimu, Ni bo mahanga yose yibagirwa Imana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Kuko umukene atazibagirana iteka, Kandi ibyiringiro by’abanyamubabaro bitazabura iteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Uwiteka, haguruka abantu bē kunesha, Amahanga acirweho iteka imbere yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Uwiteka ubatere ubwoba, Amahanga yimenye ko ari abantu buntu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: