Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi ni indirimbo yo kuririmbwa ku isabato.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ni byiza gushima Uwiteka, No kuririmbira izina ryawe ishimwe, Usumbabyose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Kwerekana imbabazi zawe mu gitondo, N’umurava wawe uko bwije,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Tubwira inanga y’imirya cumi na nebelu, Tubwirisha inanga ijwi ry’uwibwira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Kuko wowe Uwiteka, wanyishimishije n’umurimo wakoze, Nzavugishwa impundu n’imirimo y’intoki zawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Uwiteka, erega imirimo wakoze irakomeye! Ibyo utekereza bifite uburebure bw’ikijyepfo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Umuntu umeze nk’inka ntazi ibi, Umupfu ntabimenya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Iyo abanyabyaha bārutse nk’ibyatsi, Kandi inkozi z’ibibi zose iyo zeze, Ni ukugira ngo barimbuke iteka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ariko wowe Uwiteka, ushyizwe hejuru iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Dore abanzi bawe Uwiteka, Dore abanzi bawe bazarimbuka, Inkozi z’ibibi zose zizatatanywa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ariko washyize hejuru ihembe ryanjye nk’iry’imbogo, Nsīzwe amavuta mashya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Kandi ijisho ryanjye ryarebye ibyo nshakira abanzi banjye, Amatwi yanjye yumvise ibyo nshakira abanyabyaha bampagurukiye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Umukiranutsi azashisha nk’umukindo, Azashyirwa hejuru nk’umwerezi w’i Lebanoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ubwo batewe mu rugo rw’Uwiteka, Bazashishira mu bikari by’Imana yacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Bazagumya kwera no mu busaza, Bazagira amakakama menshi n’itoto,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Kugira ngo byerekane yuko Uwiteka atunganye, Ni we gitare cyanjye, ntarimo gukiranirwa na guke.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: