Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Nimuze turirimbire Uwiteka, Tuvugirize impundu igitare cy’agakiza kacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Tujye mu maso ye tumushima, Tumuvugirize impundu n’indirimbo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Kuko Uwiteka ari Imana ikomeye, Ni Umwami ukomeye usumba ibigirwamana byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Ikuzimu hari mu kuboko kwe, Kandi impinga z’imisozi na zo ni ize.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Inyanja ni iye, ni we wayiremye, Intoki ze ni zo zabumbye ubutaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Nimuze tumuramye twunamye, Dupfukamire Uwiteka Umuremyi wacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Kuko ari we Mana yacu, Natwe turi abantu b’icyanya cye, Turi intama zo mu kuboko kwe. Uyu munsi icyampa mukumva ijwi rye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ntimwinangire imitima, Nk’uko mwayinangiriye i Meriba, No ku munsi w’i Masa mu butayu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ubwo ba sekuruza wanyu bangeragezaga, Bakantata bakabona umurimo wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Narakariye ab’icyo gihe imyaka mirongo ine, Ndavuga nti “Ubu ni ubwoko buhora buyoba mu mitima yabwo, Kandi ntibamenya inzira zanjye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ni cyo cyatumye ndahirana umujinya nti “Ntibazinjira mu buruhukiro bwanjye.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: