Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Haleluya. Hahirwa uwubaha Uwiteka, Akishimira cyane amategeko ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Urubyaro rw’uwo ruzagira amaboko mu isi, Umuryango w’abatunganye uzahabwa umugisha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ubutunzi n’ubukire biri mu rugo rwe, Gukiranuka kwe guhoraho iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Abatunganye umucyo ubavira mu mwijima, Uvira ūgira imbabazi n’ibambe agakiranuka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Hahirwa ugira imbabazi akaguriza abandi, Agakora imirimo ye uburyo butunganye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Kuko atazanyeganyezwa iteka, Umukiranutsi azibukwa iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Ntazatinya inkuru mbi, Umutima we urakomeye wiringiye Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Umutima we urahamye ntazatinya, Kugeza aho azabonera ibyo ashakira abanzi be.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Yaranyanyagije yahaye abakene, Gukiranuka kwe guhoraho iteka ryose, Ihembe rye rizashyiranwa hejuru icyubahiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Umunyabyaha azabireba ababare, Ahekenye amenyo, ayage, Icyo umunyabyaha yifuza kizabura.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: