Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Uwiteka, ibuka ibyaduteye,Itegereze kandi urebe gukorwa n’isoni kwacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Umwandu wacu wahindutse uw’abanyamahanga,N’amazu yacu yabaye ay’abimukīra.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Turi impfubyi ntitugira ababyeyi,Ba mama bameze nk’abapfakazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Tunywa amazi tuguze,Inkwi zacu tuzibona dutanze ibiguzi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Abatwirukana batuguye ku majosi,Turarembye kandi ntidufite akito ko kuruhuka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Ukuboko twaguhaye Abanyegiputa n’abo mu Ashuri,Kugira ngo tubone ibyokurya biduhagije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Ba data bakoze ibyaha kandi ntibakiriho,Natwe twikoreye ibicumuro byabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Abagaragu ni bo badutegeka,Nta wuhari wo kuturokora,Ngo adukure mu maboko yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Ibyokurya tubibona duhaze amagara,Ku bw’inkota yo mu butayu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Umubiri wacu urirabura ni nk’uw’inkono,Bitewe n’inzara yatwokamye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Bakindaga abagore b’i Siyoni,N’inkumi zo mu midugudu y’i Buyuda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Ibikomangoma byamanitswe biboshywe ukuboko kumwe,Ntibasonera n’abasaza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Abasore bakorewe insyo,N’abana bikoreye imiba y’inkwi,Bagenda basitara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Abakuru baretse kwicara ku irembo,N’abasore ntibagicuranga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Umunezero wo mu mutima wacu urashize,Imbyino yacu ihindutse umuborogo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Ikamba riraguye riva ku mutwe wacu,Tugushije ishyano kuko twakoze ibyaha!
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Ni cyo gituma umutima wacu urabirana,Ibyo ni byo bituma amaso yacu ahunyeza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Bitewe n’uko umusozi wa Siyoni ubaye amatongo,Ingunzu zirawuzereraho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Weho Uwiteka, uhoraho iteka ryose,Intebe yawe ihoraho uko ibihe biha ibindi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Kuki watwibagirwa iteka,Kandi ukatureka igihe kirekire kireshya gityo?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Utwigarurire Uwiteka,Natwe tuzaba tukugarukiye.Tugarurire ibihe byacu,Bibe nk’ibya kera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Ariko waradutaye rwose,Utugirira uburakari bwinshi.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma amaganya igice cya: