Ibibazo n'ibisubizo
Ibibazo byabajijweCategory: QuestionsIbibazo bitandukanye birebana na Yesu ?
Baziki Aphrodis asked 2 years ago
  • Yohana yita Yesu NDE
  • Vuga “NDI (NI JYE)” Yesu yavuze zose (uko yiyise =I AM or Je SUIS) ndetse n’aho tubisoma,  tubona mu butumwa bwiza bwa Yesu Kristo uko bwanditswe na Yohana
    • Dukurikije ibyo twasomye mur’ubu butumwa; ni nde muntu wabonye Yesu bwa mbere amaze kuzuka (amazina yose n’umurongo)?
    • Ni rihe jambo Yesu yabwiye abigishwa be bwa mbere ubwo yahuraga nabo nyuma yo kuzuka
  • Nyuma yo gusoma ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo ni ubuhe butumwa bw’ingenzi wukubiye mur’iki gitabo
  • Vuga umumaro w’Umwuka Wera ku mukristo nk’uko Yesu Kristo yabivuze mur’iki gitabo?


2 Answers
Theophile D answered 2 years ago
  1. Yamwise umwana w’intama w’Imana.
  2. *1️⃣ NI JYE MUTSIMA W’UBUGINGO*
    ➖➖➖➖➖➖➖➖
    *Yohana 6:35* _Yesu arababwira ati “Ni jye mutsima w’ubugingo, uza aho ndi ntazasonza na hato, n’unyizera ntabwo azagira inyota na hato._

    *2️⃣ NI JYE MUCYO W’ISI* _Yesu yongera kubabwira ati “Ni jye mucyo w’isi. Unkurikira ntazagenda mu mwijima na hato, ahubwo azaba afite umucyo w’ubugingo.”_
    ➖➖➖➖➖➖➖➖➖
    *Yohana 8:12*

    *3️⃣ NI JYE REMBO RY’INTAMA*

    ➖➖➖➖➖➖➖➖
    *Yoh 10:7*
    _Nuko Yesu arongera arababwira ati “Ni ukuri, ni ukuri, ndababwira yuko ari jye rembo ry’intama._
     

    *4️⃣ NI JYE MWUNGERI MWIZA*
    ➖➖➖➖➖➖➖➖➖
    *Yohana 10:11*
    _“Ni jye mwungeri mwiza. Umwungeri mwiza apfira intama ze,_
    *5⃣ NI JYE KUZUKA N’UBUGINGO*
    __________________________
    *Yoh 11:25*
    _Yesu aramubwira ati “Ni jye kuzuka n’ubugingo, unyizera naho yaba yarapfuye azabaho,_
    *6️⃣ NI JYE NZIRA, UKURI N’UBUGINGO*
    ________________________
    *Yoh 14:6*
    _Yesu aramubwira ati “Ni jye nzira n’ukuri n’ubugingo: nta wujya kwa Data ntamujyanye._
    *7⃣ NDI UMUZABIBU W’UKURI*
    ______________________
    *Yoh 15:1*
    _”Ndi umuzabibu w’ukuri, kandi Data ni nyirawo uwuhingira._
  3.  

Bayiringire answered 1 year ago

Your Answer