Ibibazo n'ibisubizo
Ibibazo byabajijweCategory: AmadiniNi gute Yesu yavutse ku bantu babiri batandukanye?
Regis BAHINTEGE asked 2 years ago

MURI MATAYO
6. Yesayi yabyaye Umwami Dawidi. Dawidi yabyaye Salomo kuri muka Uriya,

7. Salomo yabyaye Rehobowamu, Rehobowamu yabyaye Abiya, Abiya yabyaye Asa,

15. Elihudi yabyaye Eleyazari, Eleyazari yabyaye Matani, Matani yabyaye Yakobo,

16.Yakobo yabyaye Yosefu umugabo wa Mariya, ari we nyina wa Yesu witwa Kristo.

MURI LUKA
23.Ubwo Yesu yatangiraga kwigisha yari afite imyaka nka mirongo itatu avutse, abantu bibwiraga ko ari we mwene Yosefu, mwene Heli;

24.mwene Matati, mwene Lewi, mwene Meluki, mwene Yanayi, mwene Yosefu;

31.mwene Meleya, mwene Mena, mwene Matata, mwene Natani, mwene Dawidi;
32.mwene Yesayi, mwene Obedi, mwene Bowazi, mwene Salumoni, mwene Nahashoni;

ikibazo mfite nanone nigute Yesu yavutse kubantu babiri batandukanye
urebye uko nabigaragaje hejuru. 

1 Answers
Barigira Jean Baptiste answered 1 year ago

Muri Matayo,baduha umwirondoro wa YESU nkuko ugaragara ntagushidikanya.Ariko Luka we aravugango: \”abantu batekezaga ko \”bigaragara ko twafata umwirondoro uri muri Matayo kuko ninawo utugeza kuri Salomo umuhungu wa DAWIDI wahanuriwe n\’IMANA binyuze mumuhanuzi Natani ko ariwe wagombaga kubakira UWITEKA inzu.
Your Answer