Ibibazo n'ibisubizo
NIYOMUFASHA Gedeon asked 5 years ago

Gatorika na adventiste hari aho bihuriye (dimanche et septieme jour) ?

5 Answers
Emmanuel Mbangukira answered 5 years ago

Amadini ni uruyobe rwagatsiko kishyize hamwe kiyitirira ko gakorera Imana, kandi ari baringa Satani wihinduye akiyambika ubukiristo. Ubundi iyo bavuze Amadini byumvikana ko ari amatsinda akorera Imana kandi adahuje ukwemera kumwe. Ahubwo uwabajije ngo Amadini niki? Aba yarabajije ngo Idini niki? Kuko Amadini ntakorera Imana kuko iyo aba akorera Imana aba ahuriza hamwe akitwa Idini murakoze.
Emmanuel Mbangukira answered 5 years ago

Amadini ni uruyobe rwagatsiko kishyize hamwe kiyitirira ko gakorera Imana, kandi ari baringa Satani wihinduye akiyambika ubukiristo. Ubundi iyo bavuze Amadini byumvikana ko ari amatsinda akorera Imana kandi adahuje ukwemera kumwe. Ahubwo uwabajije ngo Amadini niki? Aba yarabajije ngo Idini niki? Kuko Amadini ntakorera Imana kuko iyo aba akorera Imana aba ahuriza hamwe akitwa Idini murakoze.
NTETURUYE eliezel answered 5 years ago

Kubera yuko Imana ata madini yaremye, Imana yaremye umuntu, amadini yaturutse mu mitwe y’abantu, mu nyungu zabantu. Rero si KATOLIKE, si ADVENTISTE, bose ni bamwe, ni ABANYAMADINI gusa. ntaho bahuriye n’Imana.
IMANA ni UKURI, nico yaremye ni UKURI, ibindi sivyo. Rero ntaguhuza gushoboka, kubera yuko IVYIYUMVIRO arivyo bibarongora, ntibarongorwa n’ukuri. Kandi ngo IYO ATA GUHISHURIRWA ABANTU BOSE BITWARA UKO BASHAKA.
UYU MUSI NONE HAKENEWE IKI? NINDE AKIZA ISI? MUYIHE NZIRA?
Abimanikunda Barahirwa jacques answered 5 years ago

ko numva amadini muyarangije burundu kandi Bibiliya ivuga ko hari idini Imana yemera muri Yakobo 1 aho simwe mubivuze uko mwishakiye nkaho mwavuze uko Bibiliya ibivuga   Wenda mubitewe nuburyo amadini y\’iki gihe abatera agahinda simbizi.
Nshimyumuremyi Damascene answered 3 years ago

Amadini ni abatekamitwe n’abajura bagamije
Inyungu zabo. Nonese ninde wigeze abona muri bibiliya ahanditse advantist cg Catholic 
Bose rero nibamwe ntabwo ari Imana yabatumye. 
Idini yukuri ni ugukora ibyo Imana ishaka
Your Answer