Ibibazo n'ibisubizo
Ibibazo byabajijweCategory: Questions
Filter:AllUnanswered
3410 views7 answers0 votes
Yves asked 4 years ago • 
Ese Umuntu udasenga kuwa gatandatu agasenga Ku cyumweru cg ku wundi munsi nta juru azabona? Aha ndavuga kweza umunsi w'isabato
7676 views5 answers5 votes
Celestin asked 4 years ago • 
Isezerano rishya hari aho rivuga ku byerekeye icyacumi?
2894 views1 answers6 votes
Kayisire asked 4 years ago • 
Ndashaka kumenya amateka yigitabo cya Ezira
3758 views2 answers-1 votes
Mugisha David asked 4 years ago • 
Mu isezerano rya kera ISRAEL nibo bonyine bwoko bw'IMANA nibo IMANA yavuganaga nabo, none Balam ko atari mu bisrael akaba yaravuganaga n'IMANA we yari muntu ki, yakomokaga he? Ese hari... Soma ibindi
2355 views1 answers-4 votes
Mugisha david asked 4 years ago • 
Muraho bene data!! nashakaga kubaza itandukaniro rya Herode warwanyije YESU bakamuhungisha, na Herode warwanyije intumwa (Petero). Murakoze
5407 views1 answers-9 votes
Josie Irumva asked 4 years ago • 
Ko Bibiliya itubwira ko Abantu bambere ari Adamu na Eva kandi bakabyara abahungu babiri Gahini na Abeli Bibiriya ikerekana ko abo bahungu bashake abagore kandi ko ntabandi bantu bariho mbere... Soma ibindi
2534 views1 answers2 votes
Ferdinand NDAHAYO asked 4 years ago • 
Ese ko tuziko Adamu na Eva babyaye Gahini n'Abeli, Gahini akica Aberi ,Gahini umugore yamukuye he ko Bibiriya itubwira ko yateye umugore we inda bakabyara ?
1263 views1 answers-3 votes
UWAMAHORO Jeanine asked 4 years ago • 
Ni uruhe rugero twakwigira kuri Rebecca
1120 views3 answers0 votes
MUGENGA DERYK asked 4 years ago • 
mwiriwe neza nitwa mugenga ndi umusore wi myaka 20 gusa hari cyintu mpora nifuza gukora mpora nifuza gukorera Imana gusa bikanga mwamfasha mukambwira aho nzajya nsoma!
Nagirango munsobanurire ! Ko bibiriya itubwirako adamu yacumuye abamukomotseho bose tukaba abanyabyaha nta condition, kuki Yesu yamupfiriye Adam (umuntu) akamuha agakiza, byarangiza conditions zigashyirwa ku bantu kugirango bakizwe! Abigisha bati... Soma ibindi