Ibibazo n'ibisubizo
Ibibazo byabajijweCategory: Questions
Filter:AllUnanswered
7504 views7 answers-3 votes
Mazimpaka King David asked 2 years ago • 
Gusoma mu izina rya Yesu bisobanuye iki? Ese umuntu akwiye kubivuga koko cyangwa ni imigenzo idafite icyo isobanuye mu buryo bw'umwuka.
Nigute twabona Bibiliya yanditswe mu rurimi rw'ikinyarwanda? Murakoze
Ndifuza ko munsobanurira Babuloni, ese ni iki cyakubwira ko uri muri Babuloni??
5637 views2 answers-3 votes
Baziki Aphrodis asked 2 years ago • 
Yohana yita Yesu NDE Vuga “NDI (NI JYE)” Yesu yavuze zose (uko yiyise =I AM or Je SUIS) ndetse n’aho tubisoma,  tubona mu butumwa bwiza bwa Yesu Kristo uko bwanditswe... Soma ibindi
573 views2 answers0 votes
Joyeux asked 2 years ago • 
Mwiriwe neza? Ndifuzako mumfashe mu kibazo mfite, mukangira inama. Nashatse umugore tumaranye imyaka ibiri, ariko umuryango wanjye ntiwumvikana nawe, bitewe n'ibibazo yigeze kugirana nawo bikanatuma batongana hagati yabo. Gusa njye... Soma ibindi
5205 views3 answers-2 votes
RUBAGUMYA Michael asked 2 years ago • 
Muri 2 Timoteyo 1:14 aho Paul abwira Timoteyo ngo arinde ikibitsanyo cye, ikibitsanyo yamubwiraga ni igiki?
2394 views1 answers-3 votes
Emmanuel asked 4 years ago • 
Abavugabutumwa banyuranye mu ijambo ry'Imana bashyira comment zitandukanye ku magambo runaka baba bamaze gusoma muri bibiliya kugira ngo arusheho kumvikana neza kandi ni byiza. Gusa hari ubwo umuntu yibaza ishingiro... Soma ibindi
4492 views2 answers0 votes
Umvirayesu William asked 2 years ago • 
Mbese muri iki gihe niki twakigira kuri Yobu?
819 views0 answers0 votes
Noah asked 2 years ago • 
Mwiriwe,  Ese koko Adam na Evan bariye itunda ? Niba baraririye koko, ese kubera iki Imana yarishyize mu ngobyi barimo? Imana yifuzaga ko tubaho muri ubu buzima? 
Ubundi gahini yabyawe na Rusoferi na Elite (Elite ni umugore wa mbere wa Adamu). Abeli akaba umwana wa Adamu na Eva (umugore Imana yakuye mu rubavu rwa adamu nyuma yuko... Soma ibindi