Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Inyamibwa mu ndirimbo za Salomo. Umugeni:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ansome no gusoma k’umunwa we, Kuko urukundo unkunda rundutira vino.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Imibavu yawe ihumura neza, Izina ryawe rimeze nk’amadahano atāmye, Ni cyo gituma abakobwa bagukunda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Unkurure twiruke inyuma yawe tugukurikiye. Umwami yanjyanye mu rugo rwe, Tuzanezerwa tukwishimana,Tuzasingiza urukundo rwawe tururutisha vino,Bafite impamvu rwose bagukundira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Yemwe bakobwa b’i Yerusalemu mwe, Ndirabura ariko ndi mwiza,Nsa n’amahema y’Abakedari,N’inyegamo za Salomo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Mwe kundeba nabi ni uko nirabura, Nabitewe n’izuba ryambabuye. Abahungu ba mama barandakariye, Bangize umurinzi w’inzabibu, Ariko uruzabibu rwanjye sinarurinze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Yewe uwo nkundisha umutima, Mbwira aho uragira n’aho ubyagiza ku manywa, Kuki namera nk’uwatwikiririwe, Hafi y’imikumbi ya bagenzi bawe? Umukwe:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Niba utabizi, wa mugore we, Uri indatwa mu bagore. Genda ukurikire mu nkōra y’umukumbi, Uragire abana b’ihene bawe iruhande rw’amahema y’abungeri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Wa mukunzi wanjye we, Nakugereranije n’ifarashi ikurura amagare ya Farawo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Mu misaya yawe ni heza hashotsemo imishunzi, Ijosi ryawe ririmbishwa n’inigi z’amasaro y’igiciro cyinshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Tuzakuremera imikufi y’izahabu, Duteremo amabara y’ifeza. Umugeni:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Igihe umwami yabaga yicaye ku meza ye, Impumuro y’amadahano yanjye yaratāmaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Umukunzi wanjye yamereye nk’ishangi, Iri hagati y’amabere yanjye. Umukwe:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Umukunzi wanjye amereye nk’uburabyo bwa Koferi, Buba mu nzabibu zo muri Enigedi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Mukunzi wanjye we, uri mwiza, Ni koko uri mwiza, Amaso yawe ni nk’ay’inyana. Umugeni:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Dore uri mwiza mukunzi wanjye, Ni ukuri uranezeza, Uburiri bwacu ni ubwatsi bugitoha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Inkingi z’inzu yacu ni imyerezi, N’imishoro yayo ni imiberoshi.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma indirimbo igice cya: