Ibibazo n'ibisubizo
Ibibazo byabajijweCategory: QuestionsKubera iki mu bihugu by’uburayi abantu batajya mu nsengero nko muri Afrika ?
Mico Alex asked 6 years ago

Byakugora kubona urusengero mu bihugu nka Norvege, Finland, Ubusuwisi n’ahandi mu burayi rurimo abantu barenze 20 ku cyumweru cyangwa ku isabato. Niyo bahari, ni abakecuru n’abasaza gusa.

Insengero mu burayi:

Insengero muri Afrika:

2 Answers
Etienne Twizerane answered 6 years ago

I Buraya usanga abantu basenga ariko bagashyiramo ubwenge bwinshi bityo ugasanga kuribo kwemera Ibitangaza by’Imana bigoranye dore ko ubuzima bwabo bunoroshye ugereranyije niwacu muri Afrika. ugasanga kuribo rero kujya munsengero ari nkumuhango kuko basoma ijambo ariko kwizera ibitangaza kuribo ni guke kuko babivanga n’ubumenyi bwisi. Naho muri Afrika usanga abantu hafi ya benshi bizera imbaraga z’Imana zihindura ubuzima ,zikiza indwara ndetse ni nanangombwa ko Abanyafrika dusenga dusaba Imana Imigisha ituruka kuri Abraham binyuze kuri Yesu kristo Umucunguzi wacu , dore ko dukurikije abana ba nowa twari abo kuvumwa ariko muri Afrika Twisunga Yesu kristo Umucunguzi Watugize abo kwibukwa .ikindi Afrika uhereye kera yari ubuhungiro bw’agakiza kuko Yesu Akunda ahabantu basuzugura kuko yicisha bugufi akagendana nabizera bakizera ijambo rye ko ariwe nzira y’ ukuri. agakiza rero kibereye iwacu muri Afrika nubwo twabwirijwe nabazungu
Joseph Staff answered 6 years ago

Abazungu ni abanyabwenge kuko baje kubeshya abanyafrika nuko namwe muriruka ngo ibyo bazanye byose nibyiza baribaziko muzaba busy nibyo gusenga bo bagakora bakiteza imbere mwe mugiye mwagiye mumisozi mubutayu mutogeze mugira icyo munjiza munzu. I don’t believe in  Europe white Jesus; however, I do believe in me and follow my conscience. God is not Jesus.
Your Answer