Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Maze Yobu yongera guca imigani ye ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
“Iyaba nari meze nko mu bihe bya kera, Nko mu minsi Imana yandindaga!
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Icyo gihe itabaza ryayo ryamurikiraga ku mutwe, Nkagendera mu mwijima nyobowe n’umucyo wayo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Nk’uko nari meze mu minsi y’ubukwerere bwanjye, Imana ikingīra inama mu rugo rwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ishoborabyose yari ikiri kumwe nanjye, Abana banjye bankikije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Intambwe zanjye zari zaranyuzwe n’amavuta, Urutare rukansukira imigezi y’amavuta ya elayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Iyo najyaga ku irembo ry’umudugudu, Ngatereka intebe yanjye mu muharuro,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Abasore barambonaga bakihisha, Na bo abasaza bakampagurukira bagahagarara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Ibikomangoma byaracecekaga, Bikifata ku munwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ijwi ry’imfura ryaroroshywaga, Ururimi rwazo rugafatana n’urusenge rw’akanwa kabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
“Ugutwi kwanyumvaga kwanyitaga uhiriwe, N’ijisho ryambonaga ryamberaga umuhamya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Yuko nakizaga umukene utaka, N’impfubyi na yo itagira gifasha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
N’uwendaga gupfa wese yansabiraga umugisha, Kandi ngatuma umutima w’umupfakazi uririmbishwa no kunezerwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Nambaraga gukiranuka kukanyambika, Kutabera kwanjye kwari kumeze nk’umwitero n’ikamba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Nari amaso y’impumyi n’ibirenge by’ikirema,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Nari se w’umukene, Ngakurikirana urubanza rw’uwo nari ntazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Navunaga inzasaya z’umunyabyaha, Nkamushikuza umunyago mu menyo ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
“Maze nkavuga nti ‘Nzapfira mu rugo rwanjye, Kandi nzagwiza iminsi yanjye ingane n’imisenyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Umuzi wanjye wari ushoreye mu mazi, N’ikime cyatondaga ku ishami ryanjye bukarinda bucya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Ubwiza bwanjye bwahoraga bwiyuburura, Umuheto wanjye ugakomerera mu ntoki zanjye.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Abantu bantegeraga amatwi bagategereza, Bagaceceka ngo bumve inama yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Iyo namaraga kuvuga nta cyo basubizaga, Ibyo mvuze bikabatonyangaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Kandi bantegerezaga nk’imvura, Bakasama nk’abasamira imvura y’itumba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
N’iyo twahuzaga urugwiro na bo nseka, Ntibakundaga kubyemera, Kandi ntabwo bahinduraga umucyo wo mu maso hanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Nakundaga kujya mu nzira yabo nkababera umutware, Nkabamerera nk’umwami mu ngabo ze, Nk’umuhumuriza w’ababoroga.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: