2 ibyo ku ngoma 25:16
16. Akivugana na we, umwami aramubaza ati “Hari ubwo twagushyize mu bajyanama b’umwami? Ceceka utavaho ukubitwa.” Nuko umuhanuzi araceceka aravuga ati “Nzi yuko Imana yagambiriye kukurimbura, kuko ugenje utyo ntiwumve inama yanjye.” |
Soma 2 ngoma 25