Somera Bibiriya kuri Telefone
4. Ariko ntiyica abana babo, ahubwo agenza nk’uko byanditswe mu mategeko yo mu gitabo cya Mose, uko Uwiteka yategetse ati “Ba se ntibakicwe babahora abana babo kandi abana ntibakicwe babahora ba se, ahubwo umuntu wese azicwe bamuhora icye cyaha.”


Uri gusoma 2 ibyo ku ngoma 25:4 Umurongo wa: