Somera Bibiriya kuri Telefone
Amaturo yo kweza igicaniro yatuwe n’abatware b’imiryango y’Abisirayeli
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Mose arangije gushinga ubuturo bwera no kubusīga, no kubwezanya n’ibintu byo muri bwo byose, n’igicaniro n’ibintu byacyo byose -- ibyo na byo yarabisīze arabyeza --
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
kuri uwo munsi abatware b’Abisirayeli, abatware b’amazu ya ba sekuru batura amaturo: ni ba batware b’imiryango babarishaga ababazwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Bazana amaturo yabo imbere y’Uwiteka: amagare atandatu yaremwe nk’ingobyi n’inka cumi n’ebyiri, igare risangirwa n’abatware babiri, bityo bityo. Inka iturwa n’umutware umwe, n’indi undi, bityo bityo. Babimurika imbere y’ubuturo bwera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Uwiteka abwira Mose ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
“Wemere ibyo batuye bikoreshwe imirimo y’iby’ihema ry’ibonaniro, ubihe Abalewi nk’uko imirimo yabo iri.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Mose yakira ayo magare n’izo nka, abiha Abalewi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Amagare abiri n’inka enye abiha Abagerushoni nk’uko imirimo yabo iri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Amagare ane n’inka munani abiha Abamerari nk’uko imirimo yabo iri, bategekwa na Itamari mwene Aroni umutambyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Ariko Abakohati ntiyagira icyo abaha kuko imirimo yo kuremērwa iby’Ahera yari iyabo, bakabiremērwa ku ntugu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Kandi ba batware batura amaturo yo kweza igicaniro ku munsi cyasīgiwe, bayaturira imbere y’igicaniro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Uwiteka abwira Mose ati “Bajye batura amaturo yabo yo kweza igicaniro, umutware wese ku murambi we.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Uwatuye amaturo ye ku murambi wa mbere ni Nahashoni mwene Aminadabu, wo mu muryango wa Yuda,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Nahashoni mwene Aminadabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ku murambi wa kabiri, Netanēli mwene Suwari umutware w’Abisakari, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Amaturo yatuye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Netanēli mwene Suwari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Ku murambi wa gatatu, Eliyabu mwene Heloni umutware w’Abazebuluni, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Eliyabu mwene Heloni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Ku murambi wa kane, Elisuri mwene Shedewuri umutware w’Abarubeni, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Elisuri mwene Shedewuri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Ku murambi wa gatanu, Shelumiyeli mwene Surishadayi umutware w’Abasimeyoni, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Shelumiyeli mwene Surishadayi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Ku murambi wa gatandatu, Eliyasafu mwene Deweli umutware w’Abagadi, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp46.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp47.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Eliyasafu mwene Deweli.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp48.
Ku murambi wa karindwi, Elishama mwene Amihudi umutware w’Abefurayimu, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp49.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigeze kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp50.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp51.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp52.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp53.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Elishama mwene Amihudi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp54.
Ku murambi wa munani, Gamaliyeli mwene Pedasuri umutware w’Abamanase, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp55.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp56.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp57.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp58.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp59.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Gamaliyeli mwene Pedasuri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp60.
Ku murambi wa cyenda, Abidani mwene Gideyoni umutware w’Ababenyamini, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp61.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp62.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp63.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp64.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp65.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Abidani mwene Gideyoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp66.
Ku murambi wa cumi, Ahiyezeri mwene Amishadayi umutware w’Abadani, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp67.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp68.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp69.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp70.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp71.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Ahiyezeri mwene Amishadayi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp72.
Ku murambi wa cumi n’umwe, Pagiyeli mwene Okirani umutware w’Abashēri, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp73.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp74.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp75.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp76.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp77.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Pagiyeli mwene Okirani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp78.
Ku murambi wa cumi n’ibiri, Ahira mwene Enani umutware w’Abanafutali, ni we watuye amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp79.
Amaturo ye yari isahani y’ifeza kuremēra kwayo kwari shekeli ijana na mirongo itatu, n’urwabya rw’ifeza ruremēra shekeli mirongo irindwi zigezwe kuri shekeli y’Ahera, byombi byuzuye ifu y’ingezi yavuganywe n’amavuta ya elayo ho ituro ry’ifu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp80.
n’agakombe k’izahabu karemēra shekeli cumi kuzuye umubavu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp81.
n’ikimasa cy’umusore n’isekurume y’intama, n’umwana w’intama w’isekurume utaramara umwaka ho ibitambo byo koswa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp82.
n’isekurume y’ihene ho igitambo cyo gutambirwa ibyaha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp83.
n’amapfizi abiri n’amasekurume y’intama atanu n’ay’ihene atanu, n’abana b’intama b’amasekurume batanu bataramara umwaka ho ibitambo by’uko bari amahoro. Ayo ni yo maturo ya Ahira mwene Enani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp84.
Ayo ni yo yari amaturo y’abatware b’Abisirayeli yo kwezwa kw’igicaniro ku munsi cyasīgiwe: amasahani y’ifeza cumi n’abiri, n’inzabya z’ifeza cumi n’ebyiri, n’udukombe tw’izahabu cumi na tubiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp85.
Kuremēra kw’isahani y’ifeza yose kwari shekeli ijana na mirongo itatu, uk’urwabya rwose kwari shekeli mirongo irindwi. Ifeza z’ibyo bintu zose ziremēra shekeli ibihumbi bibiri na magana ane zigezwe ku y’Ahera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp86.
Kandi utwo dukombe tw’izahabu twuzuye imibavu, kamwe karemēra shekeli cumi bityo bityo, zigezwe ku y’Ahera. Izahabu z’utwo dukombe zose ziremēra shekeli ijana na makumyabiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp87.
Amatungo yose y’ibitambo byo koswa yari ibimasa cumi na bibiri, n’amasekurume y’intama cumi n’abiri, n’abana b’intama b’amasekurume bataramara umwaka cumi na babiri, byatambanywe n’amaturo y’ifu yo kuri byo; amasekurume y’ihene yo gutambirwa ibyaha yari cumi n’abiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp88.
Amatungo yose y’ibitambo by’uko bari amahoro yari amapfizi makumyabiri n’ane, n’amasekurume y’intama mirongo itandatu n’ay’ihene mirongo itandatu, n’abana b’intama b’amasekurume bataramara umwaka mirongo itandatu. Ayo ni yo yari amaturo yo kwezwa kw’igicaniro kimaze gusīgwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp89.
Mose yinjiye mu ihema ry’ibonaniro kuvugana n’Uwiteka, yumva ijwi rimubwira rituruka hejuru y’intebe y’ihongerero yo ku isanduku y’Ibihamya, hagati ya ba bakerubi bombi. Avugana n’Uwiteka.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma kubara igice cya: