Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Nimushime Uwiteka mwambaze izina rye, Mwamamaze imirimo yakoze mu mahanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Mumuririmbire, mumuririmbire ishimwe, Muvuge imirimo itangaza yakoze yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Mwirate izina rye ryera, Imitima y’abashaka Uwiteka yishime.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Mushake Uwiteka n’imbaraga ze, Mushake mu maso he iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Mwibuke imirimo itangaza yakoze, Ibitangaza bye n’amateka yo mu kanwa ke,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Mwa rubyaro rwa Aburahamu umugaragu we mwe, Mwa bana ba Yakobo mwe, abo yatoranije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Uwiteka ni we Mana yacu, Amateka ye ari mu isi yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Yibuka isezerano rye iminsi yose, Ijambo yategetse aryibuka ibihe ibihumbi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Ni ryo sezerano yasezeranye na Aburahamu, Indahiro yarahiye Isaka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Akayikomereza Yakobo kuba itegeko, Ayikomereza Isirayeli kuba isezerano ridashira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Ati “Ni wowe nzaha igihugu cya Kanāni, Kuba umwandu ukugenewe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Umubare wabo ukiri muke, Muke cyane na bo ari abashyitsi muri icyo gihugu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Bazerera mu mahanga atari amwe, Bava mu bwami bajya mu bundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Ntiyakundira umuntu ko abarenganya, Yahaniye abami ko babagiriye nabi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Ati “Ntimukore ku bo nasīze, Ntimugire icyo mutwara abahanuzi banjye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Ahamagara inzara ngo itere mu gihugu, Avuna inkoni yose bishingikirije, Ni yo mutsima wabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Atuma umugabo wo kubabanziriza, Ni Yosefu waguriwe kuba imbata.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Bababarisha ibirenge bye iminyururu, Bamushyiraho ibyuma,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Kugeza aho ijambo ry’Uwiteka ryasohoreye, Isezerano rye ryaramugeragezaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Umwami yaratumye baramubohora, Umutegeka w’amahanga yaramurekuye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Amugira umutware w’urugo rwe, Amubitsa ibintu bye byose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Ngo abohe abakomeye be uko ashaka, Yigishe abakuru be ubwenge.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Kandi Isirayeli ajya muri Egiputa,Yakobo atura mu gihugu cya Hamu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Kandi Uwiteka agwiza ubwoko bwe cyane, Abaha gukomera kuruta abanzi babo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Ahindura imitima y’abo ngabo ngo bange ubwoko bwe, Bagira ubwenge bwo kurimbura abagaragu be.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Atuma Mose umugaragu we, Na Aroni yatoranije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Bashyira hagati yabo ibimenyetso bye, Bakorera ibitangaza mu gihugu cya Hamu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Yohereza umwijima atuma riba ijoro, Na bo ntibagomera amagambo ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Ahindura amazi yabo amaraso, Yica amafi yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Igihugu cyabo cyuzura ibikeri, Mu mazu y’abami babo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Arategeka amarumbo y’isazi araza, N’inda mu gihugu cyabo cyose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Abaha urubura mu cyimbo cy’imvura, N’umuriro waka mu gihugu cyabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Akubita imizabibu yabo n’imitini yabo, Avuna ibiti byo mu gihugu cyabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Arategeka inzige ziraza, N’uburima bitabarika.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
Birya n’imboga zose zo mu gihigu cyabo, Birya imbuto z’ubutaka bwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Kandi akubita abana b’imfura bose, Bo mu gihugu cyabo arabica, Gukomera kwabo kose ni bo kwari kwatangiriyeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Akuramo ba bandi, Bafite ifeza n’izahabu, Nta munyantege nke n’umwe, Wari uri mu miryango ye yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
Abanyegiputa bishimira kugenda kwabo, Kuko gutera ubwoba kwabo kwari kubafashe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
Asanzura igicu cyo kubatwikīra, N’umuriro wo kubamurikira nijoro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Barasaba azana inkware, Abahaza umutsima wo mu ijuru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
Atobora igitare amazi aradudubiza, Atemba ahantu humye haba umugezi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Kuko yibutse ijambo rye ryera, Na Aburahamu umugaragu we.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
Akurayo ubwoko bwe bwishimye, Intore ze azikurayo ziririmba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
Abaha ubutaka bw’abanyamahanga, Batwara ibyo abanyamahanga baruhiye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
Bibera bityo kugira ngo bitondere amategeko ye, Bakurikize ibyo yategetse. Haleluya.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: