Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Twicaraga ku migezi y’i Babuloni, Tukarira twibutse i Siyoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ku biti bimera iruhande rw’amazi yo hagati y’i Babuloni, Twari tumanitseho inanga zacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Kuko abatujyanye ho iminyago badushakiragaho indirimbo aho hantu, Abatunyaze badushakagaho ibyishimo bati “Nimuturirimbire ku ndirimbo z’i Siyoni.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Twaririmbira dute indirimbo y’Uwiteka mu mahanga?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Yerusalemu, ninkwibagirwa, Ukuboko kwanjye kw’iburyo kwibagirwe gukora.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Ururimi rwanjye rufatane n’urusenge rw’akanwa kanjye, Nintakwibuka, Nintakunda i Yerusalemu, Nkaharutisha ibyishimo byanjye biruta ibindi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Uwiteka, ibukira abana ba Edomu, Wa munsi w’i Yerusalemu. Ni bo bavuze bati “Nimuhasenye, Nimuhasenyane n’imfatiro zaho.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Wa mukobwa w’i Babuloni we, utazabura kurimburwa, Hazahirwa uzakwitura ibihwanye n’ibyo watugiriye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Hazahirwa uzafata abana bawe bato, Akabahonda ku rutare.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: